Intego yacu ni ugushyigikira
iterambere ry'u Rwanda tubinyujije mu mishinga inyuranye yo kurwanya ubukene, amazi meza mu cyaro, iterambere ry'abategarugori, ishoramari, ikoranabuhanga,
ihererekanyabumenyi binyujijwe mu mahugurwa cyangwa mu ishoramari. Dushishikariza iterambere dushyira imbere ukwikorera ku giti cy'umuntu, uburinganire bw'ibitsina n' ubwubahane.
Kuri uru rubuga ushobora kutugisha inama cyangwa ukatwungura ibitekerezo bijyanye n'ibyo dukora.
Ushobora gukoresha e-mail, terefone, cyangwa
"Ganira n'abandi"
icyo bita blog mu rurimi rw'icyongereza. Ushobora kandi nawe gutanga inama,
ibitekerezo ku bintu bijyanye n'ibikorwa byacu cyangwa inyigisho ku bandi ukoresheje uru rubuga.
Ushaka inama cyangwa guhugurwa kuri Sida ashobora kuduhamagara cyangwa ukohereza SMS kuri
0788261223 twe tukamwihamagarira.
Umuntu ashobora kandi kohereza e-mail kuri
ftarwanda@hotmail.com tugahita tumusubiza. Ibisobanuro bitangwa
kandi ku rubuga rwacu ruri hano
"Tuganire".